Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Qatar Irashaka Gushora Imari Mu Mukino W’Amagare Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Qatar Irashaka Gushora Imari Mu Mukino W’Amagare Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 June 2021 3:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’abashoramari bo muri Qatar riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Abdulla Bin Mohammed A. Al Sayed bagiranye ikiganiro kihariye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare mu Rwanda Abdallah Murenzi baganira ubufatanye.

Kuri Twitter ya Federasiyo ya FERWACY, handitse ho hari abanya Qatar bashaka kujya bakorera imyitozo n’amarushanwa mu Rwanda.

Abakina umukino wo gutwara amagare mu Rwanda nabo ngo bazajya bajya kwitoreza muri Qatar.

Mu kiganiro Abdallah Murenzi uyobora FERWACY  aherutse guha Taarifa yavuze ko kugira ngo umukino w’amagare utere  imbere mu Rwanda hakenewe imyitozo ihagije kandi urubyiruko rugakundishwa uyu mukino hakiri kare.

Ibi ngo bizafasha mu guteza imbere uyu mukino bityo abazawukina mu gihe kiri imbere bazabe indashyikirwa.

Bitewe n’ubushyuhe bwo hejuru bw’ikirere cya Qatar, kuhitoreza gusiganwa ku igare byafasha abakinnyi b’Abanyarwanda kumenyereza umubiri wabo gusiganirwa ahantu hashyushye bityo bikazabafasha igihe cyose bazitabira isiganwa ryabereye ahantu hashyushye.

Abakina uyu mukino bo muri Qatar nabo nibaza kwitoreza mu Rwanda bizabafasha kuko ikirere cy’u Rwanda kidashyuha cyane cyangwa ngo gikonje cyane.

Murenzi Abdallah aganira n’itsinda ryaje kumva imikoranire Qatar yagirana n’u Rwanda mu mukino w’amagare
Qatar ifite ikipe y’umukino w’igare ikora neza
TAGGED:AmagarefeaturedFERWACYMurenziQatar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mureke Twemere Ko Kwibuka Jenoside Ari Ngombwa- Peter Muthuki Uyobora EAC
Next Article ‘Gira So Yiturwa Indi,’ Ineza Bagiriwe Nabo Bayigirira Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?