Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDB Yahawe Umuyobozi Mushya Ushinzwe Ubukerarugendo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

RDB Yahawe Umuyobozi Mushya Ushinzwe Ubukerarugendo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2022 9:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yaraye iteranye ni uko uwari ushinzwe ubukerarugendo mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, witwa Ariella Kageruka asimburwa na Madamu Michaella Rugwizangoga.

Michaella Rugwizangoga yari asanzwe ari umuyobozi mukuru wa Volkswagen Mobility Solutions Rwanda. Ni umuhanga mu bintu bitandukanye birimo gukora no gukurikirana imishinga no kuyibyaza umusaruro, ibyo mu Cyongereza bita Strategic planning, project management ndetse na  product development.

Michaella Rugwizangoga asanzwe ari n’umwe mu bagize Inama y’ubutegetsi muri World Economic Forum.

Umwanya yahawe wari usanzwe uyoborwa muri iki gihe na Ariella Kageruka wari umuyobozi w’umusigire kuko Inama y’Abaminisitiri itari yamwemeje mu buryo bwa burundu kuri uyu mwanya.

Ariella Kageruka

Yawugiyeho asimbuye by’agateganyo Belise Akaliza usigaye ahagarariye mu Rwanda  Ikigo Nyafurika cyo kwita ku binyabuzima biba mu byanya bikomye kitwa Africa Wildlife Foundation.

Belise Akaliza

 

TAGGED:AkalizafeaturedInamaKagameKagerukaRDBRugwizangoga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe: Baturutse Hanze Y’u Rwanda Bica Abaturage Babiri
Next Article Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?