Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2023 9:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kubera ko ikoranabuhanga riri hose kandi ritanga amahirwe y’ubucuruzi, ubumenyi n’ibindi, ni ngombwa ko abifuza kuribyaza umusaruro bagira ahantu runaka bajya bacisha ibyo bakora cyangwa bazi. Aho bahita  domain names.

Abanyarwanda bashaka kugira urwo rubuga muri iki gihe bafite amahirwe kubera ko hari ahantu hagera 2000 RICTA igiye guteza cyamunara bityo ababishaka bagashobora kuhagura.

Muri iki gihe hari ahantu henshi ku isi abantu bari kugura za domains.

Nk’ubu mu mwaka wa 2022, handitswe domain names miliyoni 13.2.

Muri rusange iziri ku isi yose ni miliyoni 350.

Ibi bitanga impamvu zumvikana zagombye gutuma ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda bandikisha izo domain names.

Mu kigo k’igihugu gishinzwe kuzandika kitwa Rwanda Information Communication Technology Association (RICTA) kivuga ko gifite ahantu hagera ku 2000 hadafite abahanditse bityo hashobora kugurwa binyuze muri cyamunara.

Kuhagura bizaha abahaguze amahirwe yo kwagura isoko, kwagura ahantu hanini bagiza ubumenyi byabwo n’amakuru bifuza gusangiza abandi.

Abazi iby’ikoranabuhanga bavuga ko kugura ririya zina hakiri kare bitanga amahirwe yo kuzunguka hakiri kare binyuze mu kumenyekana mbere.

Akamaro ko kumenyekana kare ni uko bijyanirana no kubaka izina kare bityo inyungu ikaza mbere yaba iturutse imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo.

Abashaka kugura izo domai names bakanda aha bakazisura:

https://auction.ricta.org.rw/index.php

TAGGED:AkamarofeaturedIkigoIkoranabuhangaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Irashaka Kubaka Ibigega ‘Byinshi’ Byo Guhunika Ibigori
Next Article Niger: Hadutse Umutwe Wa Gisirikare Urwanya Abahiritse Ubutegetsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?