Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2023 9:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kubera ko ikoranabuhanga riri hose kandi ritanga amahirwe y’ubucuruzi, ubumenyi n’ibindi, ni ngombwa ko abifuza kuribyaza umusaruro bagira ahantu runaka bajya bacisha ibyo bakora cyangwa bazi. Aho bahita  domain names.

Abanyarwanda bashaka kugira urwo rubuga muri iki gihe bafite amahirwe kubera ko hari ahantu hagera 2000 RICTA igiye guteza cyamunara bityo ababishaka bagashobora kuhagura.

Muri iki gihe hari ahantu henshi ku isi abantu bari kugura za domains.

Nk’ubu mu mwaka wa 2022, handitswe domain names miliyoni 13.2.

Muri rusange iziri ku isi yose ni miliyoni 350.

Ibi bitanga impamvu zumvikana zagombye gutuma ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda bandikisha izo domain names.

Mu kigo k’igihugu gishinzwe kuzandika kitwa Rwanda Information Communication Technology Association (RICTA) kivuga ko gifite ahantu hagera ku 2000 hadafite abahanditse bityo hashobora kugurwa binyuze muri cyamunara.

Kuhagura bizaha abahaguze amahirwe yo kwagura isoko, kwagura ahantu hanini bagiza ubumenyi byabwo n’amakuru bifuza gusangiza abandi.

Abazi iby’ikoranabuhanga bavuga ko kugura ririya zina hakiri kare bitanga amahirwe yo kuzunguka hakiri kare binyuze mu kumenyekana mbere.

Akamaro ko kumenyekana kare ni uko bijyanirana no kubaka izina kare bityo inyungu ikaza mbere yaba iturutse imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo.

Abashaka kugura izo domai names bakanda aha bakazisura:

https://auction.ricta.org.rw/index.php

TAGGED:AkamarofeaturedIkigoIkoranabuhangaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Irashaka Kubaka Ibigega ‘Byinshi’ Byo Guhunika Ibigori
Next Article Niger: Hadutse Umutwe Wa Gisirikare Urwanya Abahiritse Ubutegetsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?