Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2023 9:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kubera ko ikoranabuhanga riri hose kandi ritanga amahirwe y’ubucuruzi, ubumenyi n’ibindi, ni ngombwa ko abifuza kuribyaza umusaruro bagira ahantu runaka bajya bacisha ibyo bakora cyangwa bazi. Aho bahita  domain names.

Abanyarwanda bashaka kugira urwo rubuga muri iki gihe bafite amahirwe kubera ko hari ahantu hagera 2000 RICTA igiye guteza cyamunara bityo ababishaka bagashobora kuhagura.

Muri iki gihe hari ahantu henshi ku isi abantu bari kugura za domains.

Nk’ubu mu mwaka wa 2022, handitswe domain names miliyoni 13.2.

Muri rusange iziri ku isi yose ni miliyoni 350.

Ibi bitanga impamvu zumvikana zagombye gutuma ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda bandikisha izo domain names.

Mu kigo k’igihugu gishinzwe kuzandika kitwa Rwanda Information Communication Technology Association (RICTA) kivuga ko gifite ahantu hagera ku 2000 hadafite abahanditse bityo hashobora kugurwa binyuze muri cyamunara.

Kuhagura bizaha abahaguze amahirwe yo kwagura isoko, kwagura ahantu hanini bagiza ubumenyi byabwo n’amakuru bifuza gusangiza abandi.

Abazi iby’ikoranabuhanga bavuga ko kugura ririya zina hakiri kare bitanga amahirwe yo kuzunguka hakiri kare binyuze mu kumenyekana mbere.

Akamaro ko kumenyekana kare ni uko bijyanirana no kubaka izina kare bityo inyungu ikaza mbere yaba iturutse imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo.

Abashaka kugura izo domai names bakanda aha bakazisura:

https://auction.ricta.org.rw/index.php

TAGGED:AkamarofeaturedIkigoIkoranabuhangaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Irashaka Kubaka Ibigega ‘Byinshi’ Byo Guhunika Ibigori
Next Article Niger: Hadutse Umutwe Wa Gisirikare Urwanya Abahiritse Ubutegetsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Hari Icyo Abana Basaba Abayobozi Bakuru B’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?