Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2023 9:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kubera ko ikoranabuhanga riri hose kandi ritanga amahirwe y’ubucuruzi, ubumenyi n’ibindi, ni ngombwa ko abifuza kuribyaza umusaruro bagira ahantu runaka bajya bacisha ibyo bakora cyangwa bazi. Aho bahita  domain names.

Abanyarwanda bashaka kugira urwo rubuga muri iki gihe bafite amahirwe kubera ko hari ahantu hagera 2000 RICTA igiye guteza cyamunara bityo ababishaka bagashobora kuhagura.

Muri iki gihe hari ahantu henshi ku isi abantu bari kugura za domains.

Nk’ubu mu mwaka wa 2022, handitswe domain names miliyoni 13.2.

Muri rusange iziri ku isi yose ni miliyoni 350.

Ibi bitanga impamvu zumvikana zagombye gutuma ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda bandikisha izo domain names.

Mu kigo k’igihugu gishinzwe kuzandika kitwa Rwanda Information Communication Technology Association (RICTA) kivuga ko gifite ahantu hagera ku 2000 hadafite abahanditse bityo hashobora kugurwa binyuze muri cyamunara.

Kuhagura bizaha abahaguze amahirwe yo kwagura isoko, kwagura ahantu hanini bagiza ubumenyi byabwo n’amakuru bifuza gusangiza abandi.

Abazi iby’ikoranabuhanga bavuga ko kugura ririya zina hakiri kare bitanga amahirwe yo kuzunguka hakiri kare binyuze mu kumenyekana mbere.

Akamaro ko kumenyekana kare ni uko bijyanirana no kubaka izina kare bityo inyungu ikaza mbere yaba iturutse imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo.

Abashaka kugura izo domai names bakanda aha bakazisura:

https://auction.ricta.org.rw/index.php

TAGGED:AkamarofeaturedIkigoIkoranabuhangaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Irashaka Kubaka Ibigega ‘Byinshi’ Byo Guhunika Ibigori
Next Article Niger: Hadutse Umutwe Wa Gisirikare Urwanya Abahiritse Ubutegetsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umutoza W’Amavubi Yirukanywe

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Igiciro Cy’Ikawa Y’Ibitumbwe Cyazamutseho 25% Ku Kilo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?