Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rihanna Yapfushije Se
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Rihanna Yapfushije Se

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 May 2025 7:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamerikakazi ukomoka mu birwa bya Barbados witwa Rihanna yapfushije Se witwa Ronald Fenty wari ufite imyaka 70.

Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 31, Gicurasi, 2025 nibwo uyu mubyeyi yapfiriye mu Murwa mukuru wa Leta ya California witwa Los Angeles.

Iwabo muri Barbados niho yabikiwe bikozwe n’Ikigo Ntaramakuru bya Barbados kitwa Starcom Network News.

N’ubwo nta tangazo riravuga icyamuhitanye, Ikinyamakutu The International News kivuga ko yari amaze igihe gito arwaye.

Abo mu muryango wa Rihanna bahise bajya mu kiriyo cyo gusezera ku mubyeyi wabo.

Rihanna abuze Se mu gihe yiteguraga kumuha undi mwuzukuru kuko atwite inda nkuru.

N’ubwo mu bihe bitandukanye Rihanna yagiranye ibibazo na Se, bari bamaze igihe biyunga.

Hari hashize igihe gito Fenty avuze ko yishimira umukobwa we kuko ‘azi ubwenge’.

Rihanna afite inshuti ye babana kandi bamaranye igihe yitwa A$AP Rocky.

Byatangiye umubano mu mwaka wa 2020 kugeza n’ubu.

Mbere ye, Rihanna yari kumwe na Hassan Jameel hari guhera mu mwaka wa 2017 kugeza mu mwaka wa 2020.

Jameel ataraza hari Chris Brown babanye mu byiciro ni ukuvuga hagati ya 2007 kugeza muwa 2009 no guhera mu mwaka wa 2012 kugeza mu wa 2013.

Icyakora Rihanna yigeze kugacishaho na Drake n’ubwo ibyabo byahoraga ari hasi hejuru.

Rihanna ari mu bahanzi bake ku isi batunze Miliyari y’amadolari ya Amerika($).

TAGGED:BarbadosRihannaSeUmugaboUmugoreUmuhanziYapfushije
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma
Next Article Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Davido Yashyizwe Mu Kigo Gitegura Grammy Awards

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruIbyamamareImyidagaduro

Trivia Elle Muhoza Yabaye Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?