Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rihanna Yapfushije Se
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Rihanna Yapfushije Se

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 May 2025 7:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamerikakazi ukomoka mu birwa bya Barbados witwa Rihanna yapfushije Se witwa Ronald Fenty wari ufite imyaka 70.

Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 31, Gicurasi, 2025 nibwo uyu mubyeyi yapfiriye mu Murwa mukuru wa Leta ya California witwa Los Angeles.

Iwabo muri Barbados niho yabikiwe bikozwe n’Ikigo Ntaramakuru bya Barbados kitwa Starcom Network News.

N’ubwo nta tangazo riravuga icyamuhitanye, Ikinyamakutu The International News kivuga ko yari amaze igihe gito arwaye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abo mu muryango wa Rihanna bahise bajya mu kiriyo cyo gusezera ku mubyeyi wabo.

Rihanna abuze Se mu gihe yiteguraga kumuha undi mwuzukuru kuko atwite inda nkuru.

N’ubwo mu bihe bitandukanye Rihanna yagiranye ibibazo na Se, bari bamaze igihe biyunga.

Hari hashize igihe gito Fenty avuze ko yishimira umukobwa we kuko ‘azi ubwenge’.

Rihanna afite inshuti ye babana kandi bamaranye igihe yitwa A$AP Rocky.

- Advertisement -

Byatangiye umubano mu mwaka wa 2020 kugeza n’ubu.

Mbere ye, Rihanna yari kumwe na Hassan Jameel hari guhera mu mwaka wa 2017 kugeza mu mwaka wa 2020.

Jameel ataraza hari Chris Brown babanye mu byiciro ni ukuvuga hagati ya 2007 kugeza muwa 2009 no guhera mu mwaka wa 2012 kugeza mu wa 2013.

Icyakora Rihanna yigeze kugacishaho na Drake n’ubwo ibyabo byahoraga ari hasi hejuru.

Rihanna ari mu bahanzi bake ku isi batunze Miliyari y’amadolari ya Amerika($).

TAGGED:BarbadosRihannaSeUmugaboUmugoreUmuhanziYapfushije
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma
Next Article Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Ibipimo By’Imibereho Y’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bihagaze

DRC: Abasirikare Ku Rugamba Barya Mu Minsi 15 Gusa

Ubuzima, Uburezi…Inkingi Z’Umubano W’u Rwanda N’Ubusuwisi

Cardinal Kambanda Ari Muri Uganda Mu Kuzirikana Abahowe Imana

Burundi: Abanyamakuru Bahawe Umuburo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Frank Joe Mu Gahinda Ko Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?