Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ron Adam Wahagarariye Israel Bwa Mbere Mu Rwanda Yushe Ikivi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ron Adam Wahagarariye Israel Bwa Mbere Mu Rwanda Yushe Ikivi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 August 2023 8:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Ron Adam wari umaze hafi imyaka itanu ahagarariye Israel mu Rwanda yaraye asezeye kuri Perezida Kagame kuko yushe ikivi cye.

Ron Adam niwe wa mbere  Yeruzalemu yohereje ngo ahagararira Israel mu Rwanda kuva iki gihugu cyafungura Ambasade yacyo mu Rwanda.

Yasezeye kuri Perezida Kagame

Ni umugabo uzi gushyikirana kandi waganiraga n’abantu b’ingeri zose.

N’ubwo umutekano we wabaga urinzwe cyane ntibyamubuzaga kwegera abantu akabaganiriza ntacyo yishisha.

Mbere yo kwakirwa na Perezida Kagame ngo amusezereho, Amb Dr. Ron Adam yari yabanje kwakirwa na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta.

Mu byo asize akoze mu Rwanda harimo inka abaturage bo mu Turere dutandukanye, kubaka ibigo bihugura urubyiruko mu ikoranabuhanga, yatanze amaraso agenewe abarwayi, yahaye ibiganiro urubyiruko byerekeranye no kuba umuyobozi uhamye kandi igihugu cye cyafashe u Rwanda mu buhinzi no mu bindi.

Ron Adam yasimbujwe Madamu Einat Weiss.

Soma ikiganiro yahaye Taarifa agitangira imirimo:

Tuzajyana Abanyarwanda Ku Kwezi, Nabanje Kuba Umunyamakuru…-Ikiganiro na Ambasaderi wa Israel

TAGGED:AdamfeaturedIsraelKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Igiciro Cya Essence Cyazamutseho Frw122
Next Article Rwanda: Perezida Kagame Yatashye Uruganda Rwa Sima Ikomeye Kurusha Izindi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?