Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Basanze Umwana Mu Ndobo Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Rubavu: Basanze Umwana Mu Ndobo Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2024 4:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru mbi y’umwana w’umwaka umwe n’igice waguye mu ndobo amira nkeri, arapfa. Ni ibyago byabaye kuri uyu wa Kane taliki 04, Mutarama, 2024.

Abaturage babwiye BTN TV ko Nyina w’uyu mwana yari mu nzu akoropa, asohotse asanga umwana yagiye mu ndobo yari hanze irimo amazi, amaguru ari hejuru, bihutira kumujyana kwa muganga ariko umwana arapfa.

Abaturanyi  bashenguwe n’uru rupfu, bavuga ko batumva ukuntu iyo ndobo yarimo amazi make yica uwo mwana.

Hari uwagize ati: “Ntabwo ndi kubyumva neza, nagize ngo ni indobo nini cyane. Yayindi ndende isumba iyi(yereka umunyamakuru indobo). Ntabwo byumvikana.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Undi we avuga ko bitumvikana uko uwo mwana yapfuye kandi aguye mu mazi make yuzuye indobo nto…

Ati: “…Amazi angana gutya ntabwo yakwica uyu mwana. Usibye aya maz n’iyi ndobo ntabwo uyu mwana yagwamo ngo apfe. Ahubwo … sinzi ni amayobera.”

Ntacyo ubuyobozi bwagize icyo butangaza kuri uru rupfu rutunguranye rw’uyu mwana kandi birumvikana ko iperereza ryatangiye kuri uru rupfu rw’amayobera.

TAGGED:IndoboRubavuUmwanaUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyabihu: Umuyobozi Akurikiranyweho Gukubita Umuturage Agapfa
Next Article Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?