Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Basanze Umwana Mu Ndobo Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Rubavu: Basanze Umwana Mu Ndobo Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2024 4:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru mbi y’umwana w’umwaka umwe n’igice waguye mu ndobo amira nkeri, arapfa. Ni ibyago byabaye kuri uyu wa Kane taliki 04, Mutarama, 2024.

Abaturage babwiye BTN TV ko Nyina w’uyu mwana yari mu nzu akoropa, asohotse asanga umwana yagiye mu ndobo yari hanze irimo amazi, amaguru ari hejuru, bihutira kumujyana kwa muganga ariko umwana arapfa.

Abaturanyi  bashenguwe n’uru rupfu, bavuga ko batumva ukuntu iyo ndobo yarimo amazi make yica uwo mwana.

Hari uwagize ati: “Ntabwo ndi kubyumva neza, nagize ngo ni indobo nini cyane. Yayindi ndende isumba iyi(yereka umunyamakuru indobo). Ntabwo byumvikana.”

Undi we avuga ko bitumvikana uko uwo mwana yapfuye kandi aguye mu mazi make yuzuye indobo nto…

Ati: “…Amazi angana gutya ntabwo yakwica uyu mwana. Usibye aya maz n’iyi ndobo ntabwo uyu mwana yagwamo ngo apfe. Ahubwo … sinzi ni amayobera.”

Ntacyo ubuyobozi bwagize icyo butangaza kuri uru rupfu rutunguranye rw’uyu mwana kandi birumvikana ko iperereza ryatangiye kuri uru rupfu rw’amayobera.

TAGGED:IndoboRubavuUmwanaUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyabihu: Umuyobozi Akurikiranyweho Gukubita Umuturage Agapfa
Next Article Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Nyanza: Yari Hafi Kurongora None Akurikiranyweho Gusambanya Umwana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?