Rusizi: Akarere Kabonye Umuyobozi Mushya Ushinzwe Ubukungu

Habimana Alfred niwe watorewe kuba umuyobozi wungirije w’Akarere ka Rusizi ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu.

Amakuru avuga ko yari asanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Macuba i Nyamasheke.

Mu minsi ishize uwari usanzwe muri izi nshingano witwa Ndagijimana Louis Munyemanzi yareguye.

Muri aka Karere kandi hari hamaze igihe havugwa ibibazo mu buyobozi, ndetse na Perezidante wa Njyanama nawe yareguye.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version