Rusizi: Akarere Kabonye Umuyobozi Mushya Ushinzwe Ubukungu

Habimana Alfred niwe watorewe kuba umuyobozi wungirije w’Akarere ka Rusizi ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu.

Amakuru avuga ko yari asanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Macuba i Nyamasheke.

Mu minsi ishize uwari usanzwe muri izi nshingano witwa Ndagijimana Louis Munyemanzi yareguye.

Muri aka Karere kandi hari hamaze igihe havugwa ibibazo mu buyobozi, ndetse na Perezidante wa Njyanama nawe yareguye.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version