Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rutsiro: Umubyeyi Wonsaga Yakubiswe N’Inkuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibiza KamereMu Rwanda

Rutsiro: Umubyeyi Wonsaga Yakubiswe N’Inkuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2025 9:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Inkuba zikunze gukubitira abantu muri Rutsiro
SHARE

Kuri uyu wa Mbere tariki 13, Mutarama, 2024 Imanazibayo Solange w’imyaka 29 y’amavuko yapfuye azize inkuba yamukubise ari konsa uruhinja rw’amezi icyenda. Yari atuye mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro.

Abaturanyi ba nyakwigendera bavuga ko inkuba yamukubitiye mu rugo rw’umuturanyi yagiye kuhugama.

Asize umwana w’imyaka irindwi n’uwo yonsaga kandi nta mugabo  babanaga.

Bisangabagabo Sylvèstre uyobora Umurenge byabereyemo avuga ko uwo mwana warokotse iyi nkuba yahise ahabwa Nyirakuru ngo abe ari we uba uri kumwitaho.

Uwo mubyeyi we afite imyaka 65.

Gitifu avuga ko ubuyobozi bwiyemeje gukomeza gukurikirana ubuzima bw’uwo mwana, bigakorwa ku bufatanye n’izindi nzego kugira ngo atabuzwa uburenganzira bwe bitewe n’ibyago Nyina yahuye nabyo.

Ubuyobozi bwavuze ko buzakomeza gukurikirana imikurire ye na mukuru we wajyanywe ahandi mu miryango yabo.

Bisangabagabo yihanganisha umuryango wabuze umuntu n’abo inkuba yahungabanyije bakajyanwa kwa muganga, yibutsa abaturage ko aka gace gakunze kwibasirwa n’inkuba cyane.

Umurambo wa nyakwigendera  wahise ujyanwa mu buruhukiro bw’Ibitaro bya Murunda.

Rutsiro na Karongi nitwo turere dukunze kwibasirwa n’inkuba kurusha utundi mu Rwanda, ahanini bigaterwa n’imiterere yatwo irimo no kuba dufite ubutaka buhinitse amabuye y’agaciro menshi.

TAGGED:IbitaroIbizaInkubaKonsaMurundaRuhangoRutsiroUmubyeyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuva 2013 Hamaze Gutozwa Intore 559,686- Min Bizimana
Next Article Kagame Yaganiriye Na Tinubu Ku Mubano W’Igihugu Cye N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?