Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Guta Inshingano Byatumye Visi Meya Yeguzwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwamagana: Guta Inshingano Byatumye Visi Meya Yeguzwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2023 6:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabihogo ari mu idosiye iregwamo umushoramari wasondetse inzu mu Mujyi wa Kigali witwa Dubai.

Amazina nyakuri ya Dubabi ni Jean Nsabimana.

Icyakora ngo yazize ko yari amaze amezi atatu atagaragara mu nshingano ze nk’umuyobozi.

Nyirabihogo avuzwe muri iyi dosiye nyuma y’uko mu mpera za Kamena, 2023 Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rurekuye bamwe mu bavugwa muri iriya dosiye mu buryo bw’agateganyo barimo Stephen Rwamurangwa wigeze kuyobora Akarere ka  Gasabo, Raymond Chrétien Mberabahizi wari ushinzwe ubukungu muri aka karere na Jeanne d’Arc Nyirabihogo wahoze ayobora ishami ry’ubutaka mu Karere (One Stop Center) ka Gasabo.

Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Gasabo,

Dr Lambert Rangira usanzwe ari Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Rwamagana yasobanuriye itangazamakuru ko guhangarika Nyirabihogo Jeanne byatewe ahanini n’uko ko atabonekaga mu nshingano ze.

Ati: “Ku bijyanye n’inshingano twabonaga harimo icyuho Inama Njyanama ifata icyemezo cyo ku muhagarika mu buryo bw’agateganyo.”

Rangira avuga ko hari hashize amezi atatu ataboneka mu nshingano ze nk’umuyobozi

Ku wa 20 Mata 2023 nibwo Nyirabihogo na bariya bayobozi batawe muri yombi.

TAGGED:AkarerefeaturedInamaInshinganoMeyaNjyanamaNyirabihogoUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngirente Avuga Icyo u Rwanda Rukora Mu Kurinda Ikibaya Cy’Uruzi Rwa Congo
Next Article ITURI: Abantu 40 Bishwe Mu Minsi Itatu, UN Iratabaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?