Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Havumbuwe Ibuye Ry’Agaciro Rya Lithium
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwamagana: Havumbuwe Ibuye Ry’Agaciro Rya Lithium

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 October 2023 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

U Rwanda rwungutse ahandi hantu hari ibuye ry’agaciro rya Lithium rigezweho mu nganda z’ikoranabuhanga mu gukora imodoka n’ibikoresho by’ikoranabuhanga. Ryabonetse mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Ntunga.

Muri uyu Murenge hasanzwe hacukurwa ibuye rya Gasegereti.

Ni ibuye risanzwe ricukurwa mu Rwanda ariko rivumbuwe vuba kuko ryabonetse bwa mbere mu mwaka wa 2020.

Iri buye rirakunzwe muri iki gihe kubera ko toni yacyo mu mwaka wa 2023 kigura $61,520 mu giuhe mu mwaka wa 2022 yaguraga $ 44.090.

Aho mu Rwanda ryabonetse bwa mbere ni mu Karere ka Ngororero.

Iriherutse kuboneka ryabonetse ubwo hakorwaga ubushakashatsi bwo gushaka andi mabuye aboneka muri aka karere.

Abahanga baribonye bamaze gucukura ahantu kure kubera ko mbere yo kurigeraho babanje kubona andi mabuye nka gasegereti n’andi.

U Rwanda rusanganywe gahunda yo kuzubaka uruganda rutunganya iri buye kugira ngo bizarufashe kugurisha rudahenzwe kandi rufashe n’ibindi bihugu  by’Afurika birifite kubona aho baritunganyiriza bidahenzwe.

Mu Karere ka Rwamagana hasanzwe hacukurwa amabuye ya Gasegereti, Coltan na Lithium iherutse kuhavumburwa.

Imena Evode umwe mu bafite ibigo bicukura amabuye y’agaciro afite irya Lithium mu ntoki( Ifoto@IGIHE)
TAGGED:AgacirofeaturedIbuyeLithiumRwamagane
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bamwe Mu Bafana Ba APR FC Barashaka Ko Umutoza Wayo Yirukanwa
Next Article Sinavuga Ko Mossad Yarangaye Cyangwa Itarangaye- Ambasaderi Wa Israel Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?