Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Abana Bafite Munsi Y’Imyaka 7 Bagiye Gukingirwa Imbasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Abana Bafite Munsi Y’Imyaka 7 Bagiye Gukingirwa Imbasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 July 2023 8:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangira gukingira abana bafite munsi y’imyaka irindwi(7) y’amavuko. Ni gahunda izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 24 ikazageza taliki 28, Nyakanga, 2023.

Leta y’u Rwanda yahisemo gutangiza iyi gahunda mu rwego rwo kurinda abana bayo kuzandura iyi ndwara ivugwa mu bihugu biruturiye.

Hari hashize imyaka 30 iyi ndwara itavugwa mu Rwanda kubera ko umwana wa nyuma wayanduye yagaragaye mu Rwanda mu mwaka wa 1993.

Mu mwaka wa 2015 Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO, ryatangaje ko iyi ndwara yacitse burundu ku isi.

Icyakora umwe mu bahanga mu by’ubuzima witwa Dr. Rosette Nahimana avuga ko bidatinze hari aho iyi ndwara yagaragaye bityo u Rwanda rusanga ari ngombwa gukingira abana barwo bafite munsi y’imyaka irindwi.

Igararaga bwa nyuma mu Rwanda hari muri Perefegitura ya Cyangugu ubu ni mu Karere ka Nyamasheke na Rusizi.

Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko abana bari munsi y’imyaka irindwi nta budahangarwa baba bafire byo guhangana n’iriya ndwara.

Icyakora abahanga mu by’ubuzima mu Rwanda bavuga ko abana bose bazakingirwa niyo baba barwariye kwa muganga bazahabwa ibitonyanga icyangombwa kikaba ari uko bashobora kumira.

Virusi itera inbasa yandurira mu kanwa kuko iterwa n’umwanda winjiirira mu kanwa umwana yariye, yanyonye cyangwa yatamiye.

Yangiza imyakura ifata amaguru cyangwa amaboko kandi ishobora guhitana umwana.

Ikibazo gikomeye ni uko iyo idahitanye umwana yafashe, imumugaza burundu.

TAGGED:AbanafeaturedGukingiraImbasaUrukingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwagizwe Umutware W’Abakono Yasabye Imbabazi FPR-Inkotanyi
Next Article Musanze: Avuga Ko Abaje Kuzimya Inzu Ye Basize Bamwibye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?