Rwanda: Hatanzwe Ikiruhuko Rusange

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere hari Ikiruhuko rusange.

Ni itangazo rigenewe abakoresha n’abakozi bo mu nzego za Leta.

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 11 Kanama 2024 nibwo iri tangazo ryasohowe.

Hari nyuma y’uko Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bitabiriye ibirori byo kwakira indahiro y’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame, warahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version