Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Leta Imaze Guha Abaturage Toni 426 Z’Ibiribwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda: Leta Imaze Guha Abaturage Toni 426 Z’Ibiribwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2023 2:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426.

RBA yanditse ko kugeza ubu abantu bagera ku 20,000 bavanywe m byabo n’ibizi bakaba bacumbikwe ahantu( sites) 83.

Nyuma gato y’uko byibasiye abatuye Intara z’Iburengerazuba, Iy’Amajyepfo ndetse n’Iy’Amajyaruguru, Perezida Kagame Paul yatangaje ko Guverinoma izakora ibishoboka byose ikagoboka abo byashegeshe.

Yavuze ko Leta izasana ibishobika, ariko ibidashoboka hakubakwa ibindi bishya.

Kuri uyu wa Gatanu taliki 13, Gicurasi, 2023 yasuye abo mu Karere ka Rubavu nabo ababwira ko Leta izakomeza kubaba hafi kandi ko ibikorwa remezo birimo amashuri, amavuriro, amasoko n’ibindi byangiritse, Leta izabisana.

Imvura yaguye hafi mu Byumweru bibiri bishize, yahitanye abantu 131 biganjemo abo mu Ntara y’Iburengerazuba.

Abo mu Karere ka Rubavu bahuriye na Perezida Kagame mu Murenge wa Rugerero.

Bamushimiye ko yaje kubaba hafi mu byago bahuye nabyo kandi akaba yongeye kubakomeza agatima abereka ko Guverinoma ayoboye izatuma ubuzima bwabo bwongera kugenda neza.

U Rwanda rusanganywe ikigega cy’ibiribwa cy’ingoboka kitwa National Strategic Grain Reserve.

TAGGED:AbaturagefeaturedGuverinomaIbiribwaIbizaKagameRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwandakazi Muri Filimi Imwe Na Lupita Nyong’o
Next Article Umubare W’Abahitanywe N’Ibiza Mu Rwanda ‘Wiyongereye’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umutekano W’Abana Urenze Indyo Yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF Mu Rwanda

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Nyamagabe: Ikibazo Cy’Ingo Zidafite Ubwiherero Buboneye Kirakomeye

Airtel-Rwanda Na Mbonyi Barabararitse Mu Gitaramo Icyambu Tour 4

Kagame Yaganiriye N’Itsinda Ry’Abayobozi Ba Banki Y’Isi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kicukiro: Abagore Bigishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

You Might Also Like

Imikino

Imikoranire Y’u Rwanda Na Arsenal Kuri Visit Rwanda Igiye Kugera Ku Ndunduro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ndayishimiye Aherutse Kujya Kwishyuza Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?