Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: SADC Iraterana Yige Ku Ngabo Zayo Zoherejwe Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

SADC Iraterana Yige Ku Ngabo Zayo Zoherejwe Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2024 9:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Zambia kuri uyu wa Gatandatu harateranira inama mpuzamahanga y’ibihugu bya SADC iri busuzimirwemo ibibazo bireba abasirikare b’uyu muryango bagiye mu butumwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo no muri Mozambique.

Muri DRC ingabo za SADC zoherejweho ni iza Malawi, Tanzania na Afurika y’Epfo.

Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema avuga ko mu rutonde rw’ibyo bari bwigeho ari ukureba uko ibikorwa bya gisirikare by’abasirikare ba SADC mu Ntara ya Cabo Delgado no mu Burasirazuba bwa DRC biri kugenda.

Hikainde yatangaje iby’iyi nama  taliki 20, Werurwe, 2024.

Hagati aho hari indi nama mbere y’aho yari yahuje abakuru b’ingabo z’ibihugu bitatu byohereje ingabo muri DRC yabereye i Mugunga, muri Goma.

Yitabiriwe n’umugaba w’ingabo za Tanzania witwa Jacob John Mkunda,  mugenzi we uyobora ingabo za Malawi witwa Kashisha na Maphwanya Sizani uyobora ingabo za Afurika y’Epfo ndetse n’umugaba w’ingabo z’Uburundi( igihugu kitaba muri SADC) witwa Prime Niyongabo.

Ingabo za SADC ziri muri Mozambique zitwa SAMIM n’aho iziri muri DRC zitwa SAMIDRC.

TAGGED:CongoDRCIngaboSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburusiya Bwagabweho Igitero
Next Article Ibere Rya Bigogwe Rizubaka Ingoro Ndangamurage Y’Amateka Y’Inka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?