Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Senateri W’u Rwanda Yatabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Senateri W’u Rwanda Yatabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 September 2023 7:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Sen William Ntidendereza yari amaze imyaka ine muri Sena
SHARE

Yitwa William Ntidendereza akaba yatabarutse mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe arwariye mu bitaro byitiriwe Umwami Faysal.

Yapfuye afite imyaka 73 y’amavuko kuko yavutse taliki 11, Kamena, 1950.

Sen Ntidendereza yari amaze imyaka ine mu Basenateri b’u Rwanda kuko yatorewe kyjya muri  Sena taliki 16, Nzeri, 2019, akaba yari ahagarariye Umujyi wa Kigali.

Mu majwi 110 y’abatoye bose, William Ntidendereza yabonye 60% byayo.

Yahigitse abo bari bahanganye ari bo Buteera John, Mutimura Zeno na Rwakayiro Mpabuka Ignace.

Mu mwaka wa 2012 yari umuyobozi wungirije w’Itorero ry’Igihugu.

Yigeze kuyobora Akarere ka Kicukiro hagati y’umwaka wa  2006 kugeza mu mwaka wa  2008 ubwo yeguraga.

Senateri William Ntidendereza yari impuguke mu burezi akaba n’inararibonye mu miyoborere myiza, by’umwihariko mu burere n’umuco nyarwanda.

TAGGED:featuredImpugukeKicukiroNtidenderezaSenateriUbureziUburwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Abantu 6 Bo Mu Muryango Umwe Bishwe N’Impanuka
Next Article Kicukiro: Abagore 2 Bafatanywe Litiro 1000 Za Mazutu Bacuruzaga Magendu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?