Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Somalia Yasinyiye Kwinjira Muri EAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Somalia Yasinyiye Kwinjira Muri EAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 December 2023 7:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kwemererwa kuba umunyamuryango w’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, ubuyobozi bwa Somalia bwasinye amasezerano yo kuwinjiramo mu buryo butaziguye.

Ayo masezerano bayita Treaty of Accession.

Umuhango wo kwinjira muri uyu muryango washyizweho umukono na Perezida wa Somalia Sheikh Hassan Mohamud na Perezida wa EAC akaba na Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir.

Gusinya amasezerano yo kwinjira muri EAC byabereye Entebbe muri Uganda hari Perezida wa Uganda Yoweli Museveni.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Somalia ibaye igihugu cya munani mu bigize ibihugu bya EAC.

Perezida Kirr yahaye ikaze abaturage ba Somalia mu muryango mugari wa EAC, avuga ko Somalia izatanga umusanzu uhamye mu iterambere ry’uyu muryango.

Umuyobozi wa Somalia yavuze ko igihugu cye kishimiye kujya muri uyu muryango kandi ngo kizawungukiramo kubera ko usanzwe warateye intambwe igaragara mu nkingi enye zigize icyerekezo wihaye.

Avuga ko igihugu ayobora gisanzwe ari ingenzi mu bucuruzi bw’Afurika y’Uburasirazuba bitewe n’aho giherereye.

Ubwo aya masezerano yasinywaga, Perezida Museveni yari ahari, uyu muyobozi akaba ari we Perezida wenyine  wari uhari ubwo uyu muryango washingwaga mu mwaka wa 1999.

- Advertisement -
TAGGED:featuredKirrMuseveniSomaliaUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Samuel Dusengiyumva Yagizwe Meya W’Umujyi Wa Kigali
Next Article RDF Yasangiye N’Abashinzwe Iby’Umutekano Muri Za Ambasade
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?