Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria:Gutwika Igiti Cya Noheli Byateje Rwaserera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Syria:Gutwika Igiti Cya Noheli Byateje Rwaserera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2024 3:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage ba Syria batari Abisilamu bababajwe kandi barakazwa n’uko abantu bambaye ibapfuka amaso batwitse igiti cya Noheli cyari cyamanitswe n’abayizihiza.

Imidugagararo yatumye abantu batangira kugira impungenge z’uko ubutegetsi bushya bwa Syria bushobora kutazihanganira abatari Abisilamu.

Abayobozi b’iki gihugu bageze ku butegetsi babifashijwemo na Turikiya, igihugu gituwe n’Abisilamu benshi.

Bamwe mu bayobozi b’umutwe Hayat Tahrir al-Sham (HTS) uri ku butegetsi bavuze ko hari abantu batari abo muri Syria bafashwe bakurikiranyweho uruhare muri icyo kintu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Gutwika kiriya giti byatumye hari abantu bagera mu bihumbi batangiye kwigaragambya babyamagana.

Biganjemo abo mu gice cya Damascus na Suqaylabiyah mu Ntara ya Hama.

Nta muyobozi mu bya Politiki uramagana ibyo bintu.

Hari umwe mu baturage ba Syria wiswe Georges wabwiye AFP ko niba hari ibikorwa byo kwibasira Abakirisitu n’abandi ba nyamuke bitangiye kugaragara, byaba ari ikibazo kuko icyo gihe byaba bivuze ko badafite uburenganzira mu gihugu cyabo.

TAGGED:AbaturageIgitiKwigaragambyaNoheliSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UMWALIMU SACCO Yatangije Ubundi Buryo Mwalimu Yabonamo Inguzanyo
Next Article Ubutumwa Bw’Urukundo Jeannette Kagame Yageneye Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?