Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria:Gutwika Igiti Cya Noheli Byateje Rwaserera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Syria:Gutwika Igiti Cya Noheli Byateje Rwaserera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2024 3:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage ba Syria batari Abisilamu bababajwe kandi barakazwa n’uko abantu bambaye ibapfuka amaso batwitse igiti cya Noheli cyari cyamanitswe n’abayizihiza.

Imidugagararo yatumye abantu batangira kugira impungenge z’uko ubutegetsi bushya bwa Syria bushobora kutazihanganira abatari Abisilamu.

Abayobozi b’iki gihugu bageze ku butegetsi babifashijwemo na Turikiya, igihugu gituwe n’Abisilamu benshi.

Bamwe mu bayobozi b’umutwe Hayat Tahrir al-Sham (HTS) uri ku butegetsi bavuze ko hari abantu batari abo muri Syria bafashwe bakurikiranyweho uruhare muri icyo kintu.

Gutwika kiriya giti byatumye hari abantu bagera mu bihumbi batangiye kwigaragambya babyamagana.

Biganjemo abo mu gice cya Damascus na Suqaylabiyah mu Ntara ya Hama.

Nta muyobozi mu bya Politiki uramagana ibyo bintu.

Hari umwe mu baturage ba Syria wiswe Georges wabwiye AFP ko niba hari ibikorwa byo kwibasira Abakirisitu n’abandi ba nyamuke bitangiye kugaragara, byaba ari ikibazo kuko icyo gihe byaba bivuze ko badafite uburenganzira mu gihugu cyabo.

TAGGED:AbaturageIgitiKwigaragambyaNoheliSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UMWALIMU SACCO Yatangije Ubundi Buryo Mwalimu Yabonamo Inguzanyo
Next Article Ubutumwa Bw’Urukundo Jeannette Kagame Yageneye Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?