Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria:Gutwika Igiti Cya Noheli Byateje Rwaserera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Syria:Gutwika Igiti Cya Noheli Byateje Rwaserera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2024 3:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage ba Syria batari Abisilamu bababajwe kandi barakazwa n’uko abantu bambaye ibapfuka amaso batwitse igiti cya Noheli cyari cyamanitswe n’abayizihiza.

Imidugagararo yatumye abantu batangira kugira impungenge z’uko ubutegetsi bushya bwa Syria bushobora kutazihanganira abatari Abisilamu.

Abayobozi b’iki gihugu bageze ku butegetsi babifashijwemo na Turikiya, igihugu gituwe n’Abisilamu benshi.

Bamwe mu bayobozi b’umutwe Hayat Tahrir al-Sham (HTS) uri ku butegetsi bavuze ko hari abantu batari abo muri Syria bafashwe bakurikiranyweho uruhare muri icyo kintu.

Gutwika kiriya giti byatumye hari abantu bagera mu bihumbi batangiye kwigaragambya babyamagana.

Biganjemo abo mu gice cya Damascus na Suqaylabiyah mu Ntara ya Hama.

Nta muyobozi mu bya Politiki uramagana ibyo bintu.

Hari umwe mu baturage ba Syria wiswe Georges wabwiye AFP ko niba hari ibikorwa byo kwibasira Abakirisitu n’abandi ba nyamuke bitangiye kugaragara, byaba ari ikibazo kuko icyo gihe byaba bivuze ko badafite uburenganzira mu gihugu cyabo.

TAGGED:AbaturageIgitiKwigaragambyaNoheliSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UMWALIMU SACCO Yatangije Ubundi Buryo Mwalimu Yabonamo Inguzanyo
Next Article Ubutumwa Bw’Urukundo Jeannette Kagame Yageneye Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?