Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria:Gutwika Igiti Cya Noheli Byateje Rwaserera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Syria:Gutwika Igiti Cya Noheli Byateje Rwaserera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2024 3:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage ba Syria batari Abisilamu bababajwe kandi barakazwa n’uko abantu bambaye ibapfuka amaso batwitse igiti cya Noheli cyari cyamanitswe n’abayizihiza.

Imidugagararo yatumye abantu batangira kugira impungenge z’uko ubutegetsi bushya bwa Syria bushobora kutazihanganira abatari Abisilamu.

Abayobozi b’iki gihugu bageze ku butegetsi babifashijwemo na Turikiya, igihugu gituwe n’Abisilamu benshi.

Bamwe mu bayobozi b’umutwe Hayat Tahrir al-Sham (HTS) uri ku butegetsi bavuze ko hari abantu batari abo muri Syria bafashwe bakurikiranyweho uruhare muri icyo kintu.

Gutwika kiriya giti byatumye hari abantu bagera mu bihumbi batangiye kwigaragambya babyamagana.

Biganjemo abo mu gice cya Damascus na Suqaylabiyah mu Ntara ya Hama.

Nta muyobozi mu bya Politiki uramagana ibyo bintu.

Hari umwe mu baturage ba Syria wiswe Georges wabwiye AFP ko niba hari ibikorwa byo kwibasira Abakirisitu n’abandi ba nyamuke bitangiye kugaragara, byaba ari ikibazo kuko icyo gihe byaba bivuze ko badafite uburenganzira mu gihugu cyabo.

TAGGED:AbaturageIgitiKwigaragambyaNoheliSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UMWALIMU SACCO Yatangije Ubundi Buryo Mwalimu Yabonamo Inguzanyo
Next Article Ubutumwa Bw’Urukundo Jeannette Kagame Yageneye Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?