Abatalibani ubwo bajyaga kwatsa indege ingabo z’Abanyamerika zasize muri Afghanistan batunguwe no gusanga nta n’imwe nzima irimo. Basubije amerwe mu isaho kuko bari bafite icyizere ko...
Umugaba mukuru w’ingabo z’Amerika Gen Mark Milley yatangaje ko Amerika ari guteganya gukorana n’Abatalibani kugira ngo impanze zombi zifatanye gushashya abarwanyi ba ISIS-K. The New Zealand...
Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yabwiye abandi Banyaburayi ko bagombye kwirinda gutegeka abandi uko babaho. Ni ubutumwa yageneye Abanyamerika n’abandi batuye u Burayi abasaba kutazahirahira ngo...
Mu kiganiro yaraye ahaye ABC News, Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko abantu baherutse guhanuka mu ndege y’ingabo z’Amerika bashaka ko ibajyana muri Amerika batahanutse ku...
Abdul Ghani Baradar niwe muyobozi w’ikirenga w’Abatalibani bayoboye Afghanistan muri iki gihe. N’ubwo atari asanzwe azwi cyane kubera ko n’Abatalibani ayoboye bari bamaze imyaka 20 bihisha,...