Umunya-Tunisia Béchir Ben Yahmed ukomoka muri Tunisia ariko ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa washinze ikinyamakuru Jeune Afrique yapfuye azize COVID-19. Ni nyuma y’ukwezi yanduye kiriya cyorezo. Béchir...
Louise Mushikiwabo ari mu gihembwe cya kabiri cya manda ye ayobora Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa. Yishimira ko yatumye uyu muryango ukorera mu mucyo kurushaho kandi...