Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro bitabiriye inama yitwa Africa Peace Conference iri kubera i Nouakchott muri Mauritania, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzi ububi...
Minisitiri mushya w’u Bushinwa ushinzwe ububanyi n’amahanga witwa Qin Gang yaraye atashye ku mugaragaro inzu ngari iki gihugu cyubakiye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe ngo uzayikoreshe nk’ikigo...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruherutse gutangaza ko hagati y’umwaka wa 2020 n’umwaka wa 2022 mu Banyarwanda 150 bacurujwe, abenshi ari abagore. Mu mwaka wa 2020 uru rwego...
Bucya haba Noheli y’umwaka wa 2022, muri Afurika y’epfo habaye impanuka ikomeye yatewe n’uko ikamyo yari ipakiye essence yaturitse. Imibare itangazwa na Polisi n’abakora mu rwego...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC b bwemeje ko iyi kipe igiye kongera gukinisha abanyamahanga. Lt Gen Mubarakh Muganga uyiyobora yavuze ko mu gihe iyi kipe y’ingabo...