Mu buryo busa n’aho butashobokaga kubera ko yari amaze iminsi avugwaho ruswa k’uburyo yendaga kweguzwa, Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatorewe gukomeza kuyobora ishyaka riri...
Jolidee Matongo wari uherutse gutorerwa kuyobora Umujyi wa Johannesbourg muri Afurika y’Epfo yaguye mu mpanuka y’imodoka nk’uko bamwe mubo bakorana yabitangarije Sunday Times. Impanuka yaguyemo yabaye...
General Siphiwe Nyanda niwe wemeza ibi. Abishingira ku makosa ya Politiki iri shyaka riyobora Afurika y’Epfo ryakoze mu mateka atari aya kera, ritigeze rikuramo isomo n’ubu...