Umukuru w’u Rwanda yavuze ko mu bayobozi begura bamwe bagakurikiranwa hari abo aba yaganiriye nabo ‘one on one’ akababurira ababuza gukomeza amakosa bakora ariko ntibamwumve. Hari...
Mu isesengura ryarwo, urukiko ku cyaha cya mbere Bamporiki aregwa ryasanze kuba kwakira indonke ari icyaha gikorerwa mu ibanga rikomeye, hakaba hari n’ababyita amayeri yandi nko...
Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko yongeye gusabira mu rukiko imbabazi. Iburanisha ryo kuri uyu wa Gatatu havuzwemo amazina mashya harimo na...
Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko yitabye urukiko asaba ko iburanishwa rye ryasubikwa kubera ko nta mwunganizi afite. Ni icyifuzo cyemewe n’ubushinjacyaha...
Rwagati muri Nzeri, 2022 nibwo uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Edouard Bamporiki aratangira kwitaba urukiko ku cyaha cyo gusaba no kwakira indonke...