Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezida Paul Kagame yanditseho ko yishimiye intsinzi ya mugenzei we Emmanuel Macron wongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa. Emmanuel Macron yaraye ahigitse...
Byaraye byemejwe bidasubirwaho ko Emmanuel Macron yongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa mu yindi manda y’imyaka itanu. Mu Bwongereza bavuga ko bizatanga amahirwe ko Londres iganira na...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, Polosi y’i Nice Mu Bufaransa yafashe umugabo ikurikiranyeho iterabwoba yakoreye muri Kiliziya iri muri kariya gace. Ni Kiliziya yitiriwe Mutagatifu ...
Kuri uyu wa 24, Mata, 2022 Abafaransa baba mu Rwanda bifatanyije na bagenzi babo baba hirya no hino ku isi mu matora y’Umukuru w’igihugu cyabo. Abahatanira...
Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha igifaransa (OIF) uyoborwa n’Umunyarwandakazi, Louise Mushikiwabo wohereje mu Rwanda abandi barimu 45 baje guhugura Abanyarwanda mu Gifaransa. Aba barimu bazigisha abarimu b’Abanyarwanda...