Buri taliki 23, Mata, buri mwaka isi izirikana akamaro k’ibitabo mu bantu. Ibitabo nibyo bikoresho byagiriye abantu akamaro kurusha ibindi nyuma y’ubuhinzi. Ubuhinzi bwatumye bakura hafi...
Muri iki gihe abantu bacye nibo batira igitabo. Ndetse gutunga ibitabo ntibigifatwa nk’ikintu kidasanzwe mu mibereho ya muntu. Ariko rero, siko byahoze. Mu Bugereki na Roma...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 03, Nzeri, 2021 indege y’ingabo z’u Bugereki yageze ku kibuga cy’indege cya Kigali izanye inkingo 200 000 zo gufasha u Rwanda...
Nyuma yo kugirwa inama ngo ahamagare mugenzi we wo muri Afghanistan bavugane uko Abanya Afghanistan bafashije Abongereza mu gusemura batabarwa, bakavanwa yo ariko akabyirengagiza ahubwo akajya...