Mu buhanga bwe mu bya gisirikare, Perezida w’u Burusiya Vladmin Putin yabwiye ingabo ze zari zimaze iminsi zikambitse mu marembo ya Ukraine ko ziba ziba ziretse...
Mu gihe bivugwa ko hasigaye amasaha macye ngo u Burusiya butangize intambara kuri Ukraine, amakuru ava i Kyiv avuga ko ingabo za Ukraine zitangiye gutoza abaturage...
Raporo ibigo by’ubutasi by’u Bwongereza byagejeje ku Biro bya Minisitiri w’Intebe ivuga ko ku wa Gatatu w’Icyumweru gitaha, aribwo ingabo z’u Burusiya zateguye kuzatangiza intambara kuri...
Nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Prof John Latham uyobora Ikigo kitwa Coventry...
Mu buryo buteruye Guverinoma y’u Bwongereza yatangarije Taarifa ko idashobora kwerura ngo ivuge ibikubiye mu biganiro u Bwongereza bufitanye n’u Rwanda cyangwa ikindi gihugu ku bibazo...