Mu Bwongereza abanyapolitiki bakomeye batangiye guhatanira kuzasimbura Boris Johnston waraye weguye. N’ubwo hari benshi bavugwaho kugira ubumenyi n’ubushobozi bwo kuzajya mu Biro bya Minisitiri w’Intebe bita...
Boris Johnson wari umaze igihe gito abaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yatangaje yeguye. Ni nyuma y’ibibazo byari bimaze iminsi mu ishyaka rye byatumye hari n’Abaminisitiri babiri...
Abanyamerika ni abantu bihariye ku isi. Aha ariko birazwi ko abantu bose bihariye uretse ko hari bamwe bafite amateka usanga ahambaye k’uburyo n’umuco wabo watangiye kwiganwa...
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnston aherutse kuvuga ko nasubira mu gihugu cye, azakorana na Polisi y’igihugu cye kugira ngo abakekwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi...
Charles warazwe kuzima ingoma y’u Bwongereza ari mu Rwanda guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2022. Kuri uyu wa Gatatu yasuye urwibutso rwa Jenoside...