Abitabiriye Inama yigaga ku mikoranire igamije guhangana n’indwara zitandura nka Malaria barimo n’Uruganda rwitwa Novartis International AG rusanzwe rukora imiti rwatangaje ko bemeje ibyavuye mu biganiro...
CANAL+ Business, ishami rishinzwe ubucuruzi bw’ibigo binini bikorana CANAL+ ryashyize uburyo bunogeye abanyamahoteli n’ibindi bigo binini byifuza gukorana nayo muri iki gihe u Rwanda ruri kwakira...
Rebecca Kadage wigeze kuba Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Uganda ubu akaba ari Minisitiri w’Intebe wungirije wa Uganda hakiyongeraho no kuba ari Minisitiri w’Ibikorwa by’Umuryango w’ibihugu...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko mu gihe cya CHOGM nta bikorwa by’ubucuuruzi bizafunga ahubwo ngo abaturage bakomeze gukora ariko banoze kandi batange serivisi...
Mu gihe imirimo y’inama ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zo mu bihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) izaba ikomeje, imwe mu mihanda yo mu mujyi wa...