Mu rwego rwo kureba uko ubwandu bwa COVID-19 buhagaze mu Mujyi wa Kigali, Minisiteri y’ubuzima ifatanyije n’izindi nzego iri gupima abantu 100 muri buri murenge mu...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko ingendo z’indege hagati y’iki gihugu n’ibindi byo mu Majyepfo ya Afurika zisubitswe, nyuma y’uko icyo gice gikomeje kugaragaramo ubwoko bushya virus...
Inama y’Abaminisitiri ba Israel yaraye iteranye ifata umwanzuro w’uko abaturage bagiye kongera kujya basohoka mu ngo zabo bambanye agapfukamunwa. Israel yari imaze amezi make ihaye uburenganzira...
Abayobozi mu nzego z’ubuzima mu Bushinwa batangaje ko mu mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei hongeye kugaragara abantu banduye COVID-19. Hamaze kubarurwa abantu 300 mu...
Ibipimo bimaze iminsi bifatwa na Minisiteri y’Ubuzima byerekanye ko hejuru ya 56% by’ubwandu bushya bwihariwe na coronavirus yihinduranyije ya delta, habonekamo na 13% y’ubwandu bwa coronavirus...