Leta y’u Rwanda yateye intambwe ikomeye mu mushinga wo gukorera mu gihugu inkingo za COVID-19 n’ibindi bikoresho byo kwa muganga, binyuze mu masezerano y’ubufatanye n’Ikigega cya...
Ikigo Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyakuye ku isoko ubundi bwoko butatu bw’ubuki, nyuma yo gusanga bwarahinduriwe umwimerere. Ubwo buki ni Best Honey, Honey...