Ni ubwa mbere abantu 81 bakatiwe urwo gupfa baciwe rimwe muri Arabie Saoudite. Birashoboka ko nta n’ahandi biraba ku Isi. Televiziyo y’iki gihugu yatangaje ko bariya...
Itangazo ryasohowe n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rivuga ko bidatinze, abakozi barwo bazajya bagaragara mu kazi bambaye impuzankano. Umuvugizi w’uru rwego mu kiganiro kihariye yahaye Taarifa yavuze ko...
Umuyobozi w’ishami rya Polisi rishinzwe imikoranire n’abaturage n’izindi nzego, Commissioner of Police (CP) Bruce Munyambo yasuye abagororerwa mu kigo cya Iwawa giherereye mu Karere ka Rutsiro,...
Minisitiri w’Umutekano Alfred Gasana yagejeje ku badepite Umushinga w’ivugururwa ry’itegeko rigenga Polisi y’u Rwanda (RNP), uteganya ko izahabwa ububasha bwuzuye bw’ubugenzacyaha ku byaha bijyanye n’umutekano wo...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafashe abantu batatu ruvuga ko rwasanze bafite business yo gukora no kugurisha impapuro mpimbano. Bose ngo batangaga serivisi ku Irembo. Bafashwe tariki 04,...