Abantu muri rusange bumva ko ibyiza ari uko umuntu yarya atavunitse. Hari abumva ko umuntu abonye icyo arya cyangwa anywa adakoresheje imbaraga nyinshi ari byo bimwubaka...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera avuga ko akiri muto atigeze agira icyifuzo cyo kuzaba umusirikare ariko ngo igihe cyarageze...