Sosiyete y’indege z’u Rwanda zitwara abantu n’ibintu, Rwandair, kuri uyu wa Mbere yatangiye kujya mu Bufaransa mu Murwa mukuru Paris. Ni urugendo izajya ikora ntaho ihagaze....
Ubuyobozi bw’ingabo z’Amerika bwahaye uburenganzira indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-22 ngo zigurukire mu kirere gituranye n’Uburusiya mu rwego rwo kububuza gukomeza kukivogera. Umuyobozi mukuru...
Nyuma yo kubona ko indege 10 z’intambara z’Ubushinwa zamaze kototera ikirere cyayo, Taiwan nayo yahagurikije indege z’intambara. Byabaye nyuma y’uko indege z’Ubushinwa zari zamaze kurenga umurongo...
Umunyarwandakazi Yvonne Makolo usanzwe uyobora Ikigo cy’u Rwanda cy’ubwikorezi bw’indege, Rwandair, yagizwe umuyobozi w’Ihuriro mpuzamahanga ry’ibigo bitwara abagenzi mu ndege. Iryo huriro ryitwa International Air Transport...
Ubuyobozi bw’Ikigo nyarwanda gitwara abantu n’ibintu mu kirere RwandAir bwasinyanye amasezerano n’ubw’ikigo nk’iki cy’Abanyaturikiya kitwa Turkish Airlines. Ni ubufatanye buzaha abakiliya b’ibi bigo uburyo bwo gutembera...