Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ingamba nshya zo kwirinda icyorezo cya COVID-19, aho ingendo zibujijwe guhera saa yine z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo, ndetse abemerewe...
Inama y’abaminisitiri yemeje ko ingendo zemewe kuva saa kumi za mu gitondo kugeza saa yine z’ijoro, mu gihe zasozwaga saa tatu z’ijoro. Ni umwe mu myanzuro...