Gen Makenga wari umaze igihe ataboneka mu ruhame yongeye kugaragara abwira Guverinoma ya DRC ko ibyo gushyirwa mu nkambi bitareba umutwe ayoboye ndetse yongeraho ko igihe...
Itangazamakuru ryo muri Nigeria ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru taliki 02, Nyakanga, 2023, ubwato bw’intambara bw’ingabo z’Ubushinwa bwitwa Nanning bwageze ku mwaro wa...
Ibiro by’Umuvigizi wa Guverinoma y’u Rwanda byatangaje ko u Rwanda rwishimiye ko kera kabaye ibyo rwavuze ko FDLR ikorana na Leta y’i Kinshasa, amahanga akagira ngo...
Nyuma gato y’uko Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken arangije urugendo yakoreraga Beijing, Perezida Biden yavuze ko mugenzi we uyobora Ubushinwa ari ‘umunyagitugu’. Biden ubwo...
Abanyaburayi bazi neza ko Amerika ari igihugu kibafitiye akamaro kandi hari bamwe muri bo berura bakabivugira ku mugaragaro. Mu mwaka wa 1999 ubwo muri Kosovo habaga...