Niyo mpamvu bwohereje indege nyinshi z’intambara hafi ya Taiwan. Ibi bibaye nyuma y’amezi abiri hari izindi ndege zoherejwe muri kiriya gice mu rwego rwo kwamagana uruzinduko...
I Beijing basohoye inyandiko irimo ingingo 12 bavuga ko zikurikijwe zaba uburyo bunyuze bose bwo guhagarika intambara y’u Burusiya na Ukraine. Imwe muri zo isaba u...
Imirwano ikomeje guca ibintu hagati ya FARDC na M23. Kuri uyu wa Gatatu mu masaha y’umugoroba imirwano yari ikomeje guca ibintu, M23 ishaka gufata agace ka...
‘Bisa n’aho’ intambara imaze iminsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yazindutse yafashe indi sura. Amakuru aturuka mu Mujyi wa Kitshanga avuga ko ingabo...
Umugaba wungirije w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’iperereza Général de Brigade Jérôme Chico Tshitambwe yabwiye itangazamakuru ko intambara igihugu cye...