Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bufatanyije n’inzego z’umutekano hamwe n’abafatanyabikorwa bako batangije ubukangurambaga mu Karere kose bugamije kongera isuku hitegurwa CHOGM. Ku rwego rw’Akarere ni igikorwa cyatangirijwe...
Muri iki gihe abantu bacye nibo batira igitabo. Ndetse gutunga ibitabo ntibigifatwa nk’ikintu kidasanzwe mu mibereho ya muntu. Ariko rero, siko byahoze. Mu Bugereki na Roma...
Abakora mu rwego rushinzwe ubutabazi baraye barwana no kuzimya umuriro wibasiye abaturage babaga mu nzu nini bakodesha mu Mujyi wa New York. Abenshi mu bantu 19...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu...
Mu rwego rwo gushimira abaturage kubera uruhare bagize mu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bakabishishikariza n’abandi baturanye mu Mujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda iraha abaturage ...