Abayobozi muri Kaminuza mpuzamahanga y’ubuzima n’ubuvuzi kuri bose yitwa University of Global Health Equity n’abo mu Nzu ndangamurange y’amateka y’u Rwanda batangiye imikoranire izamara imyaka ibiri....
Ku bufatanye hagati ya Polisi y’u Rwanda na Kaminuza Nyafurika y’imiyoborere, mu gihe kiri imbere hagiye kuzatangira ubushakashatsi buhuriweho hagamijwe kugira ibinoga mu mikorere ya buri...
Ni inama Perezida Kagame yahaye urubyiruko ruri mu kiganiro yatumiwemo ngo agire inama abaha. Muri nyinshi yabahaye harimo iy’uko bagombye kwibuka ko ubumenyi bahabwa mu ishuri,...
Abahanga muri Kaminuza yigisha iby’ubukerarugendo yitwa University of Technology, Tourism and Business Studies bavuga ko n’ubwo ruriya rwego rwazahajwe n’ingamba zo gukumira ubwandu bwa COVID-19, ariko...
Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda ubu akaba ari umuyobozi muri Kaminuza mpuzamahanga yita ku buzima yitwa University of Global Health Equity yavuze ko...