Hari Taliki 12, Kamena, 2022 ubwo abarwanyi ba M23 bashushubikanyaga ingabo za Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo zimwe zihungira muri Uganda zambukiye ku mupaka...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko yabwiye kenshi Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko gukomeza gushinja u Rwanda kuba inyuma y’abamutera ari ukwihunza...
Commissioner of Police (CP) Vianney Nshimiyimana yitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abapolisi 11 bari bamaze igihe bahugurwa uko banoza akazi ko kurinda umutekano mu mazi magari...
Birababaje kuba u Rwanda rutabyaza umusaruro uburobyi kandi ari igihugu gifite ibiyaga birenga 20, ibyo biyaga bikabamo ubwoko bw’amafi 40. Ikiyaga gifite amazi ari ku buso...
Ibi byemezwa n’Umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi, Assistant Commissioner of Police (ACP) Elias Mwesigye. Abivuze nyuma y’uko mu Kiyaga cya...