Minisitiri w’Intebe wa Guverinoma y’inzibacyuho wa Burkina Faso witwa Apollinaire Kyelem de Tambela yasabye mugenzi we wa Mali kurebera hamwe uko ibihugu byombi byakwihuza bigakora igihugu...
Mu mwaka wa 2022 ingabo z’u Bufaransa zazinze utwangushye ziva i Gao muri Mali aho zari zimaze imyaka zikambitse. Nyuma yo kwirukanwa muri iki gihugu zimwe...
Ubutegetsi bw’i Bamako bwakiriye indege nyinshi z’intambara bwahawe n’u Burusiya. Ziri mu bwoko bwa Sukhoï Su-25, indege zirwanira k’ubutaka n’izindi zitanga umusada mu kirere bita Albatros...
Ingabo z’u Bufaransa ziherutse kuzinga utwangushye ziva Bamako muri Mali aho zari zimaze igihe zivuga ko zahaje kugira ngo zihagarure umudendezo wahabuze kubera iterabwoba. Ibikorwa byitwa...
Muri Mali hari abantu babiri bari barohererejweyo ngo bagarure kandi babumbatire amahoro mu kazi bahawe na UN ariko biswe barasiwe mu Majyaruguru y’iki gihugu. Bari abakozi...