Umuhanzi ukunzwe kurusha abandi mu Rwanda muri iki gihe witwa Bruce Melodie yari amaze igihe mu biganiro n’umwami wa Rumba Koffi Olomide by’uko bazakorana indirimbo, ariko...
Umuhanzi Bruce Melodie ufite amazina yahawe n’ababyeyi be ariyo Itahiwacu Bruce ari mu bahanzi bagirirwa ikizere muri iki gihe. Ubu yahawe isoko ryo gufatanya n’undi witwa...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yashinjwe kwibasira abahanzi Meddy na The Ben bakunzwe mu Rwanda, avuga ko we binamubabaza kuba yagereranywa nabo. Intambara y’amagambo...