Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ibihugu icyenda abagenzi babiturutsemo bagomba guhita bajya mu kato k’iminsi irindwi, nyuma yo kugaragaramo ubwoko bushya bwa virus yihinduranyije itera COVID-19 yiswe Omicron....
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko yasubijeho akato k’amasaha 24 muri hoteli zabigenewe ku bantu bose binjira mu gihugu, kubera ubwoko bushya bwa COVID-19 bufite ubukana bukomeje kugaragara...
Minisiteri y’Ubuzima yategetse ibitaro byigenga bya MBC Hospital byo mu Mujyi wa Kigali gufunga imiryango bitarenze ku wa 6 Ukwakira, kubera amakosa akomeye yagaragaye mu mikorere...
Minisiteri y’Ubuzima yafashe icyemezo cyo gufunga Baho International Hospital, nyuma y’iminsi ikorwaho iperereza kuri serivisi mbi zagiye zituma bamwe mu barwayi bakirwa n’ibyo bitaro bahasiga ubuzima....
Mu gihe gukingira COVID-19 mu Rwanda byageze ku bafite imyaka 18, gahunda yo gukingira abantu benshi yarenze Umujyi wa Kigali, igera mu Turere 18 two hirya...