Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, General James Kabarebe yaraye asuye inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ni...
Perezida Kagame yabwiye abanyamakuru ko atari ngombwa ko abantu batakaza umwanya ku ntambara Ukraine ihanganyemo n’Uburusiya kurusha uko bakora ngo babonere ibisubizo ingaruka iyi ntambara iteza...
Umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu taliki 20, Gicurasi, 2023 wari ushyuhijwe na byinshi birimo umukino ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL ari yo...
Abaturage ba Mozambique bakabakana miliyoni bari mu kaga ko kubura ibiribwa no kurwara indwara ziterwa n’umwanda nyuma y’uko inkubi ikomeye bise Freddy iteje umwuzure ukangiza byinshi...
Patrick Jean Pouyanné uyobora Ikigo cy’Abafaransa gicukura kandi kigatunganya ibikomoka kuri Petelori ari hafi gusura aho ikigo cya Leta y’u Bufaransa TotalEnergies gikora iriya mirimo muri...