Lieutenant General Mubarakh Muganga usanzwe ari umuyobozi wa APR FC yabwiye abakinnyi b’iriya kipe ko bagomba gutwara ibikombe byose biri guhatanirwa mu Rwanda muri iki gihe....
Umwe mu bayobozi mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima ushinzwe Ishami ryo kurwanya igituntu, Dr Patrick Migambi avuga ko imibare yatanzwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare , NISR, yerekana ko ...
Lieutenant General Mubarakh Muganga, Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka ari muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu nama y’Abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka bo...
Hari indirimbo y’umuhanzi Masabo Juvénal ivuga ko mu bitaro ari kwa muganga kandi ngo barasanasana iminsi ikicuma. Nibyo koko barasanasana. Umwe muri abo bahanga basanasana umuntu...
Abayobozi mu Rugaga nyarwanda rw’abaganga rwitwa Rwanda Medical and Dental Council bavuga ko n’ubwo batashyigikira bagenzi babo bitwaye nabi bikaviramo umurwayi urupfu, ariko ko gufunga ibitaro...