Inzego zikurikirana hafi ibibazo by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina zigaragaza ko gikomeje kwiyongera aho kugabanyuka, k’uburyo hari n’abemeza ko ryamaze kuba icyorezo. Kuri uyu wa Kabiri nibwo...
Ku bufatanye hagati ya Polisi y’u Rwanda na Kaminuza Nyafurika y’imiyoborere, mu gihe kiri imbere hagiye kuzatangira ubushakashatsi buhuriweho hagamijwe kugira ibinoga mu mikorere ya buri...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’Umuryango Prof. Jeannette Bayisenge yaraye abwiye abitabiriye Ihuriro rya 11 ry’abapolisikazi muri Polisi y’u Rwanda ko hakiri ibibazo bishingiye ku myumvire yo guheza...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yaraye abwiye abapolisi 99 bari barangije amahugurwa mu mikoranire myiza n’abaturage mu kwicungira umutekano ko ikinyabupfura, ubunyamwuga...
Abayobozi bukuru ba Polisi z’ibihugu byombi( u Rwanda na Lesotho) IGP Dan Munyuza na Commissioner of Police Holomo Molibeli bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye harimo no...