Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri...
Ruger witabiriye ikiganiro n’abanyamakuru yafatanyijemo na mugenzi AV yahakanye iby’uko yaba afitanye amahari na AV, avuga ko kuba mu byamamare havugwa amahari nta kidasanzwe kirimo ariko...
Umuhanzi uri mu bakomeye muri Nigeria witwa RUGER uherutse gukora indirimbo igaca ibintu yise Dior ari mu Rwanda akaba mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane...
Mu mukwabo wiswe Usalama VII wakozwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda na RIB hafashwe abantu 36 barimo abanyamahanga 12. Bafashwe bakurikiranyweho ibyaha birimo ubucuruzi bw’ibikoresho...
Mu Ntara ya Borno muri Nigeria abarwanyi b’Umutwe Islamic State West Africa Province (ISWAP), uzwi mu Cyarabu nka Jamā’at Ahl as-Sunnah lid-Da’wah wa’l-Jihād bateze igico abasirikare...