Abanyarwanda babiri bavuga ko bakoreye ikigo cyitwa US Peace Corps mu bihe bitandukanye, ariko kirabahemukira kibirukana mu buryo budakurikije amategeko. Bakireze mu nkiko, zanzura ko bagitsinze...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu 40 bari mu bitaro ku buryo bakeneye kwitabwaho mu buryo bwihariye, barimo batandatu barembye kubera icyorezo cya COVID-19....
Dr David Nabarro ukora mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye avuga ko abatekereza ko icyorezo COVID-19 kiri hafi gucika ku isi bagombye kuba baretse kuko igihari kandi izajya...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa, Organisation Internationale de la Francophonie, Louise Mushikiwabo kuri uyu wa Gatanu tariki 28 yasuye Ikigega kigamije guteza imbere abagore kiri...
Imirimo yo gutunganya agace kamenyerewe nka ‘Car free zone’ mu Mujyi wa Kigali ngo gahinduke Imbuga City Walk igeze kure. Hakomeje kubakwa ibikorwa remezo byateganyijwe, ku...