Ibiciro ku isoko mu Rwanda bikomeje gutumbagira, ndetse byitezwe ko bizakomeza bitewe n’ingaruka intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ishobora kugira ku bucuruzi mpuzamahanga. Minisitiri w’Ubucuruzi...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 5% mu ijoro ryakeye, nyuma gato y’uko byari bimaze kwemezwa ko u Burusiya bwatangije intambara yeruye kuri Ukraine. Ni intambara ishobora...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko Leta yemeye gukomeza kwigomwa amahoro ku bikomoka kuri peteroli, bituma ibiciro byabyo mu Rwanda mu mezi ya Kanama na Nzeri 2021...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda bitazahinduka mu mezi ya Gicurasi na Kamena 2021, mu gihe hagendewe ku biciro ku isoko...