Raporo ya Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi iva muri Mutarama ikagera kuwa 28 Ukuboza 2022, yagaragaje abantu 200 ari bo baburiye ubuzima mu byago byatewe n’ibiza byageze mu...
Ubwo yarangizaga uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo, Perezida Paul Kagame yahise ajya mu Ntara y’i Burengerazuba abanza kuganira n’abavuga rikijyana bo muri iyi Ntara bari baje...
Mu gace kitwa Gahondo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro haravugwa umwarimu ufite imyaka 30 y’amavuko ukurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 13. Ubu ari gushikishwa ...
Mu Karere ka Rutsiro havugwa amakuru y’abaturage bataramenyakana biyoroshe ijoro batema urutoki rw’umuyobozi ushinzwe umutekano, we abimenya bwacyeye. Amakuru atangwa n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Kivumu( ari naho...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Samuel Dusengiyumva yabwiye abatuye Umurenge wa Boneza mu Kagari ka Bugarura(kari mu Kirwa) ko bagomba kuzirikana kujya batanga amakuru kuri...