Abitoza umukino w’amagare bibumbiye mu ishuri ryigisha igare rya Adrien Niyonshuti yise The Adrien Niyonshuti Cycling Academy baherutse guhabwa amagare afite ikoranabuhanga ribafasha kwitoza batavuye aho...
Abaturage batuye mu duce twa Rwamagana na Ngoma barishimira ko bakorewe umuhanda uzabafasha kurushaho guhahirana. Umuhanda bakorewe ni umuhanda w’igitaka ariko utsindagiye k’uburyo utakwangiza ibinyabiziga bisanzwe...
Nyuma yo kubona ko hari ikibazo cy’imbuto za macadamia zitubuwe, Bwana Stanley Nsabimana yatangije ikigo gihumbika kikanatubura ingemwe za kiriya giti. Macadamia ni igiti cyera imbuto...
Icyegeranyo Taarifa yakoze kigaragaza ko mu bahanzi b’Abanyarwanda bakize kurusha abandi harimo bake bageze kandi barangiza Kaminuza. Abaminuje ntibakijijwe n’amasomo ahubwo bakijijwe no kuririmba, wenda inyuguti...
Mu Ugushyingo Polisi y’u Rwanda yatashye ibigo bitatu bishya bizafasha mu gusuzuma ibinyabiziga kugira ngo bikomeze akazi kabyo bitekanye. Kuri uyu wa Gatatu Polisi y’u Rwanda...