Nta myaka ibiri, itatu…ijya ishira nta kibazo cy’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda kivutse! Akenshi Kenya ishinja Uganda gushaka kuzuza ku isoko ryayo ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge...
Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana amasezerano n’ikigo Smart Africa...
Mu nama yamuhuje n’abandi bayobozi bo muri Afurika ndetse n’inshuti zayo, Perezida Kagame yavuze ko amasezerano ashyiraho isoko rusange nyafurika atagamije ko ibihugu by’uyu muryango biba...
Ni ikibazo cyabajijwe Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 18, Gicurasi, 2022 avuga uko ubuzima bw’igihugu bumeze, asubiza...
Abashoramari bo mu Rwanda n’abo muri Slovakia bagiye gutangira imikoranire igamije iterambere ry’ubucuruzi kuri buri ruhande. Uwari uhagarariye ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB, yavuze...